Nuko abantu bose, abato n’abakuru, abakire n’abakene, abacakara n’abigenga, gihabwa kubashyiraho ikimenyetso ku kiganza cy’iburyo cyangwa ku gahanga, kugira ngo hatagira umuntu n’umwe wemererwa kugura cyangwa kugurisha ikintu adafite ikimenyetso cy’izina ry’Igikoko cyangwa umubare uranga izina ryacyo.