1
Abanyatesaloniki, iya 1 5:16-18
Kinyarwanda Bibiliya Ntagatifu
KBNT
Mujye muhora mwishimye, musenge ubudahwema, mushimire Imana muri byose, kuko ari byo ibashakaho muri Yezu Kristu.
Compare
Explore Abanyatesaloniki, iya 1 5:16-18
2
Abanyatesaloniki, iya 1 5:23-24
Imana y’amahoro ubwayo nibatagatifuze binonosoye, kugira ngo izasange muri indahemuka mwese nta makemwa mufite ku mutima no ku mubiri, ku munsi Umwami wacu Yezu Kristu azaziraho. Ubahamagara ni indahemuka; azakora n’ibyo ngibyo.
Explore Abanyatesaloniki, iya 1 5:23-24
3
Abanyatesaloniki, iya 1 5:15
Mumenye ntihakagire uwitura undi inabi, ahubwo muharanire iteka kugirirana ineza, ndetse muyigirire bose.
Explore Abanyatesaloniki, iya 1 5:15
4
Abanyatesaloniki, iya 1 5:11
Kubera iyo mpamvu, nimujye muhumurizanya kandi muterane inkunga nk’uko musanzwe mubigenza.
Explore Abanyatesaloniki, iya 1 5:11
5
Abanyatesaloniki, iya 1 5:14
Turabinginga, bavandimwe, ngo muhane inkorabusa, mukomeze umutima abacika intege, mushyigikire abatishoboye, bose mubihanganire.
Explore Abanyatesaloniki, iya 1 5:14
6
Abanyatesaloniki, iya 1 5:9
Erega Imana ntiyatugeneye kurimburwa n’uburakari bwayo, ahubwo yatugeneye kuronka umukiro dukesha Umwami Yezu Kristu
Explore Abanyatesaloniki, iya 1 5:9
7
Abanyatesaloniki, iya 1 5:5
mwese muri abana b’urumuri n’ab’amanywa; ntituri ab’ijoro n’ab’umwijima.
Explore Abanyatesaloniki, iya 1 5:5
Home
Bible
Plans
Videos