Ni cyo gituma ejo nk'iki gihe nzagusha urubura rukaze, rutigeze rugwa kuva Misiri yabaho kugeza ubu. None ubwire abantu bacyure amatungo yawe n'ibyo ufite hanze byose, babyugamishe. Urubura ruzica icyo ruzasanga hanze cyose, yaba umuntu cyangwa itungo.’ ”