1
Ezayi 6:8
Bibiliya Ijambo ry'imana
BIR
Numva Nyagasani abaza ati: “Mbese ndatuma nde? Ni nde tuzatuma?” Ndamusubiza nti: “Ndi hano ntuma.”
Compare
Explore Ezayi 6:8
2
Ezayi 6:3
Nuko bakikiranya amajwi bati: “Umuziranenge, Umuziranenge, Umuziranenge, ni Uhoraho Nyiringabo. Isi yose yuzuye ikuzo rye.”
Explore Ezayi 6:3
3
Ezayi 6:5
Nuko ndavuga nti: “Ngushije ishyano, ndapfuye. Koko imvugo yanjye irandavuye kandi nkomoka mu bwoko bw'imvugo yandavuye. None mbonye Umwami, Uhoraho Nyiringabo.”
Explore Ezayi 6:5
4
Ezayi 6:1
Mu mwaka Umwami Uziya yapfuyemo, Uhoraho yamubonekeye yicaye ahirengeye cyane ku ntebe ndende ya cyami, inshunda z'igishura cye zari zisesuye mu Ngoro.
Explore Ezayi 6:1
5
Ezayi 6:7
Arinkoza ku munwa arambwira ati: “Iri kara rigukoze ku munwa, igicumuro cyawe kikuvanyweho, icyaha cyawe kirababariwe.”
Explore Ezayi 6:7
6
Ezayi 6:2
Abaserafi bari bahagaze iruhande rwe, buri muserafi afite amababa atandatu: abiri yatwikiraga mu maso he, andi abiri agatwikira ibirenge byabo n'andi abiri yo kuguruka.
Explore Ezayi 6:2
7
Ezayi 6:6
Umwe muri abo Baserafi aguruka ansanga afite ikara mu kiganza, yari arikuye ku rutambiro arifatishije igifashi.
Explore Ezayi 6:6
8
Ezayi 6:9
Uhoraho arambwira ati: “Genda ubwire abo bantu uti: ‘Kumva muzumva ariko ntimuzasobanukirwa, kureba muzareba ariko nta cyo muzabona.’
Explore Ezayi 6:9
9
Ezayi 6:10
Unangire imitima y'abo bantu, ubazibe amatwi, ubahindure nk'impumyi. Bitabaye ibyo bareba, bakumva, bagasobanukirwa, bityo bakangarukira bagakira.”
Explore Ezayi 6:10