Ni ugendera mu butungane akavuga ukuri,
ni uwanga inyungu ibonetse mu buryo bubi,
ni uwanga kwakira ruswa,
ni uwima amatwi imigambi y'abicanyi,
ni utitabira ubugizi bwa nabi.
Uwo muntu azatura ahasumba ahandi,
ibitare ntamenwa bizamubera ubuhungiro,
azahorana ibyokurya n'ibyokunywa.”