Nuko amanukana n'abo bantu bajya ku mugezi. Uwiteka abwira Gideyoni ati “Umuntu wese uri bujabagize amazi ururimi nk'imbwa umushyire ukwe, kandi uri bunywe apfukamye umushyire ukwe.” Umubare w'abanywesheje amashyi uba magana atatu, ariko abandi bose banyoye bapfukamye.