1
Itangiriro 32:28
Bibiliya Yera
BYSB
Aramubaza ati “Witwa nde?” Aramusubiza ati “Ndi Yakobo”
Compare
Explore Itangiriro 32:28
2
Itangiriro 32:26
Abonye yuko atamutsinze, akora ku mutsi wo ku nyonga y'itako rye, umutsi wo ku nyonga y'itako rya Yakobo urareguka bagikirana.
Explore Itangiriro 32:26
3
Itangiriro 32:24
Arabajyana, abambutsa uwo mugezi, yambutsa n'ibyo yari afite byose.
Explore Itangiriro 32:24
4
Itangiriro 32:30
Yakobo aramubwira ati “Ndakwinginze, mbwira izina ryawe.” Aramubaza ati “Ni iki gitumye umbaza izina ryanjye?” Amuherayo umugisha.
Explore Itangiriro 32:30
5
Itangiriro 32:25
Yakobo asigarayo wenyine. Haza umugabo aramukiranya, bageza mu museke.
Explore Itangiriro 32:25
6
Itangiriro 32:27
Uwo mugabo aramubwira ati “Ndekura, kuko umuseke utambitse.” Aramusubiza ati “Sinkurekura utampaye umugisha.”
Explore Itangiriro 32:27
7
Itangiriro 32:29
Aramubwira ati “Ntucyitwa Yakobo ukundi, ahubwo uzitwa Isirayeli, kuko wakiranije Imana n'abantu ukanesha.”
Explore Itangiriro 32:29
8
Itangiriro 32:10
Kandi Yakobo arambaza ati “Mana ya sogokuru Aburahamu, Mana ya Data Isaka, Uwiteka, ntiwambwiye uti ‘Subira mu gihugu cyanyu no muri bene wanyu, nanjye nzakugirira neza’?
Explore Itangiriro 32:10
9
Itangiriro 32:32
Izuba rirasa akirenga Penuweli, acumbagizwa n'ikibero cye.
Explore Itangiriro 32:32
10
Itangiriro 32:9
“Esawu yatungukira ku mutwe umwe akawurimbura, usigaye wakira.”
Explore Itangiriro 32:9
11
Itangiriro 32:11
Ku mbabazi zose n'umurava wose wagiriye umugaragu wawe, sinari nkwiriye guhabwaho n'ibyoroheje hanyuma y'ibindi, kuko nambutse Yorodani iyi mfite inkoni nsa, none mpindutse imitwe ibiri.
Explore Itangiriro 32:11