1
Abanyagalati 6:9
Kinyarwanda Bibiliya Ntagatifu
KBNT
Nitwihatire gukora icyiza tutadohoka, bityo, niba tudacogoye, tuzasarura igihe kigeze.
Primerjaj
Razišči Abanyagalati 6:9
2
Abanyagalati 6:10
Nuko rero, ubwo tukibifitiye umwanya, nitugirire neza abantu bose, cyane cyane abo dusangiye ukwemera.
Razišči Abanyagalati 6:10
3
Abanyagalati 6:2
Nimwakirane imitwaro yanyu, bityo muzaba mwumviye byuzuye itegeko rya Kristu.
Razišči Abanyagalati 6:2
4
Abanyagalati 6:7
Ntimuzibeshye: Imana ntireregwa. Icyo umuntu azaba yarabibye ni cyo azasarura.
Razišči Abanyagalati 6:7
5
Abanyagalati 6:8
Ubibira umubiri, azawusaruraho urupfu. Naho ubibira roho, azayisaruraho ubugingo bw’iteka.
Razišči Abanyagalati 6:8
6
Abanyagalati 6:1
Bavandimwe, niba hagize ufatirwa mu cyaha, mwebwe abayoborwa na Roho, nimumuhane ariko mumworoheye. Nawe ubwawe witonde, maze utazavaho ushukwa.
Razišči Abanyagalati 6:1
7
Abanyagalati 6:3-5
Naho uwakwirebamo kuba akataraboneka, kandi nta cyo ari cyo, uwo yaba yibeshya. Ahubwo buri muntu asuzume ibikorwa bye bwite. Niba hari icyo abonye yakwiratana, abikore ku giti cye atigereranya n’abandi. Kuko buri wese azitwarira uwe muzigo.
Razišči Abanyagalati 6:3-5
Domov
Sveto pismo
Bralni načrti
Videoposnetki