1
Ibyakozwe 7:59-60
Kinyarwanda Bibiliya Ntagatifu
KBNT
Igihe bamuteraga amabuye, Sitefano asenga agira ati «Nyagasani Yezu, akira ubuzima bwanjye.» Nuko arapfukama maze atera hejuru ati «Nyagasani, ntubahore iki cyaha.» Ngo amare kuvuga ibyo, araca.
Primerjaj
Razišči Ibyakozwe 7:59-60
2
Ibyakozwe 7:49
’Ijuru ni intebe yanjye y’ubwami, isi ikaba akabaho nkandagizaho ibirenge byanjye. None rero, muzanyubakira ingoro nyabaki? — uwo ni Nyagasani ubivuga — Cyangwa se aho nzaruhukira, hazaba hameze hate?
Razišči Ibyakozwe 7:49
3
Ibyakozwe 7:57-58
Bahera ko bavuza induru, bipfuka mu matwi maze bamwiroheraho icyarimwe. Baramukurubana no hanze y’umugi, bamutera amabuye. Abamushinjaga bari barambitse imyambaro yabo imbere y’umusore witwa Sawuli.
Razišči Ibyakozwe 7:57-58
Domov
Sveto pismo
Bralni načrti
Videoposnetki