1
Abanyagalati 6:9
Kinyarwanda Bibiliya Ntagatifu
Nitwihatire gukora icyiza tutadohoka, bityo, niba tudacogoye, tuzasarura igihe kigeze.
Compare
Explore Abanyagalati 6:9
2
Abanyagalati 6:10
Nuko rero, ubwo tukibifitiye umwanya, nitugirire neza abantu bose, cyane cyane abo dusangiye ukwemera.
Explore Abanyagalati 6:10
3
Abanyagalati 6:2
Nimwakirane imitwaro yanyu, bityo muzaba mwumviye byuzuye itegeko rya Kristu.
Explore Abanyagalati 6:2
4
Abanyagalati 6:7
Ntimuzibeshye: Imana ntireregwa. Icyo umuntu azaba yarabibye ni cyo azasarura.
Explore Abanyagalati 6:7
5
Abanyagalati 6:8
Ubibira umubiri, azawusaruraho urupfu. Naho ubibira roho, azayisaruraho ubugingo bw’iteka.
Explore Abanyagalati 6:8
6
Abanyagalati 6:1
Bavandimwe, niba hagize ufatirwa mu cyaha, mwebwe abayoborwa na Roho, nimumuhane ariko mumworoheye. Nawe ubwawe witonde, maze utazavaho ushukwa.
Explore Abanyagalati 6:1
7
Abanyagalati 6:3-5
Naho uwakwirebamo kuba akataraboneka, kandi nta cyo ari cyo, uwo yaba yibeshya. Ahubwo buri muntu asuzume ibikorwa bye bwite. Niba hari icyo abonye yakwiratana, abikore ku giti cye atigereranya n’abandi. Kuko buri wese azitwarira uwe muzigo.
Explore Abanyagalati 6:3-5
YouVersion uses cookies to personalize your experience. By using our website, you accept our use of cookies as described in our Privacy Policy
Home
Bible
Plans
Videos