1
Abanyagalati 6:9
Kinyarwanda Bibiliya Ntagatifu
KBNT
Nitwihatire gukora icyiza tutadohoka, bityo, niba tudacogoye, tuzasarura igihe kigeze.
Vergelijk
Ontdek Abanyagalati 6:9
2
Abanyagalati 6:10
Nuko rero, ubwo tukibifitiye umwanya, nitugirire neza abantu bose, cyane cyane abo dusangiye ukwemera.
Ontdek Abanyagalati 6:10
3
Abanyagalati 6:2
Nimwakirane imitwaro yanyu, bityo muzaba mwumviye byuzuye itegeko rya Kristu.
Ontdek Abanyagalati 6:2
4
Abanyagalati 6:7
Ntimuzibeshye: Imana ntireregwa. Icyo umuntu azaba yarabibye ni cyo azasarura.
Ontdek Abanyagalati 6:7
5
Abanyagalati 6:8
Ubibira umubiri, azawusaruraho urupfu. Naho ubibira roho, azayisaruraho ubugingo bw’iteka.
Ontdek Abanyagalati 6:8
6
Abanyagalati 6:1
Bavandimwe, niba hagize ufatirwa mu cyaha, mwebwe abayoborwa na Roho, nimumuhane ariko mumworoheye. Nawe ubwawe witonde, maze utazavaho ushukwa.
Ontdek Abanyagalati 6:1
7
Abanyagalati 6:3-5
Naho uwakwirebamo kuba akataraboneka, kandi nta cyo ari cyo, uwo yaba yibeshya. Ahubwo buri muntu asuzume ibikorwa bye bwite. Niba hari icyo abonye yakwiratana, abikore ku giti cye atigereranya n’abandi. Kuko buri wese azitwarira uwe muzigo.
Ontdek Abanyagalati 6:3-5
Thuisscherm
Bijbel
Leesplannen
Video's